Imyidagaduro
Jules Sentore ati”Abategura Salax Awards se ntabwo bazi ko turi mu Rwanda rufite umuco?”

Ubwo Jules Sentore yavugiraga kuri Radio imwe hano mu mugi wa Kigali,yabajijwe uko yakiriye icyemezo cy’abategura Salax bakuyemo ikiciro cy’umuhanzi gakondo ,.maze atazuyaje ati” nta njyana bifite,ndabivuze ,babyumve ,…”.
Salax Awards nyuma yuko yari imaze igihe yarahagaze  ndetse abenshi bibaza niba abatangaga ibi bihembo barashiriwe,abayitegura bavuze ko uyu mwaka yongeye kugaruka,ariko ngo nta cyiciro cy’umuhanzi uririmba injyana gakondo uzaba urimo.Jules nk’umwe mu bahanzi bakomeye mu kuririmba injyana za Gakondo ndetse uri mu itsinda rya Gakondo (Gakondo Group),yabajijwe uko yakiriye iki cyemezo cy’abateguye iri rushanwa maze ntiya zuyaza kubagaya ,asubiza agira
ati”â€.. Honestly , biri no sens, ndabivuze, babyumve….babyumve nabi ndabivuze,kuko ntabwo byanshimisha turi mu Rwanda rufite umuco.n’uko batabizi se? none se iri rushanwa ni mpuzamahanga cyangwa ni iry’abanyarwanda? Bagombaga gutekereza ku muco kuko ntabwo tuzabonamo Radio na Weasal cyangwa ngo tubone Kanye West tuzabonamo abahanzi bo mu Rwanda.â€
wowe iki cyemezo cyo gukuramo abahanzi baririmba injyana za Gakondo ucyumva gute?
Comments
0 comments
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Umukobwa yarase umukunzi we ko iyo bari kumwe yumva nta ntare yamukoraho ,nyuma imbwa ije bakizwa n’amaguru.
-
Hanze20 hours ago
Uyu mugabo bamutegeye kurya amagi 50 maze agahabwa akayabo, apfa amaze kurya 42.|Menya icyamwishe
-
Mu Rwanda12 hours ago
Umwana Samantha ukina filime aherutse kwibaruka yitabye Imana
-
Hanze20 hours ago
Amazina ya nyayo y’umugabo Zari yasimbuje Diamond Platnumz arashyize aramenyekanye.
-
Ubuzima4 hours ago
Ibimenyetso simusiga byakwereka ko wamaze kwibasirwa na stress ikabije.