in ,

Jose Mourinho utoza Man Utd yatangaje amagambo adasanzwe kuri Paul Pogba

Pogba and Jose

Umutoza w’ikipe ya Manchester United Jose Mourinho umaze igihe atorohewe n’ibihe bitari byiza na gato ikipe afashe vuba, kuri ubu mu gihe itangazamakuru rimwibasira rimubaza ukuntu azitwara mu gihe yaba atagiye mu makipe ane yambere muri champiyonA y’abongereza ndetse banamubaza cyane imyitwarire y’umukinnyi yaguze uhenze cyane kw’isi Paul Pogba, yatangaje amagambo yatunguye abantu benshi cyane cyane abanyamakuru.

Image result for Jose Mourinho and Paul pogba

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Daily mirror uyu mugabo yagize ati:”Je pense que le monde perd certaines valeurs, on le sait tous, et que l’envie atteint un niveau qui m’effraie. Ce n’est pas de sa faute s’il perçoit dix fois plus que certains autres très bons joueurs. Ce n’est pas de sa faute si certains supporters sont dans la difficulté et ont besoin de calculer au centime près pour survivre. Il mérite le respect, sa famille le mérite. Il vient d’une famille de travailleurs qui a eu trois garçons, je suis sûr que sa mère et son père ont travaillé dur pendant des années. C’était un adolescent qui est venu à Manchester pour se battre pour sa carrière et n’a pas eu peur de devoir travailler pour avoir une vie meilleure. Il a atteint les sommets, sans devoir rien à personne. Je suis heureux avec Paul, le club aussi. Le point positif, c’est sa personnalité, il se fout royalement de ce que les gens peuvent dire”.

Image result for Jose Mourinho and Paul pogba

Tugenekereje mu kinyarwanda yagize ati:”Nsigaye ntekereza ko isi iri guta agaciro mu buryo bumwe na bumwe, tuzi twese ko ibyiyumviro bigeze ku rwego rwo gutera ubwoba, si ku makosa ye kuba yamara igihe kirekire atigaragaza(Paul Pogba), kandi si ku makosa ye kuba abafana batamwibonamo kugeza aya magingo. Akwiriye icyubahiro ndetse n’umuryango we ukwiye icyubahiro, akomoka mu muryango w’abantu bazi umurimo, mu bahungu batatu, ndahamya ntashidikanya ko ise na nyina bakoze cyane mu myaka yashize, n’ingimbi yaje mu ikipe ya Manchester United mu rwego rwo kwiyubakira izina rye, kandi ndahamya ntashidikanya ko afite umwete wo kugera kucyo yifuza. Nzi neza ko ari gukora cyane kugirango agere kure, nishimiye kubana na Paul ndetse n’ikipe muri rusange iramwishimiye, impano ye idasanzwe n’ubwitange bwe bihabanye nicyo abandi bantu bose bamutekereza.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ku buryo butunguranye abahanzi Charly na Nina ntibazitabira Irushanwa rya Primus guma guma (Impamvu)

Ntacyo wazumbwira by M.O.P