in ,

Jose Mourinho ntiyishimiye nabusa uburyo abayeho I Manchester (impamvu)

Jose Mourinho utoza ikipe ya Manchester United muri iyi minsi ntiyishimye nabusa kuko uretse kuba ikipe ye ititwara neza mu kibuga ubu noneho ngo n’ubuzima abayeho busharira nk’umuravumba.

Manchester United, la vie de Mourinho est "un désastre"

Mu kiganiro yagiranye na Sky Sports, Jose Mourinhoa akaba yagize ati :”Murabizi iby’abapaparazzi. Guhera ku izina rya Hotel mbamo, imyenda nambara, biratangaje uburyo bahora imbere y’aho ncumbitse. Buri wese aba azi amakuru yanjye. Ibi bimbihiriza ubuzima kuko hari nk’igihe mba nishakira gusohoka nkajya hanze gusa sinabibasha. Hari igihe mba nishakira kwambuka ikiraro ngo nigire kurya ariko nabyo simbibasha birambangamira cyane. Amahirwe nuko ubu nshubora gutuma ibiryo kuri telephone. ”

Byumvikana ko Jose Mourinho atishimiye na busa ubuzima i Manchester dore ko nkuko yabivuze ubungubu aba wenyine umuryango we yawusize i London aho yari atuye agitoza Chelsea.

 

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Amafoto: Irebere umukobwa ufite imiterere yiyeguriye abatari bacye muri iki cyumweru (TGW #6)

Nyuma yo gutsindwa akayabo n’ikipe ya Barcelona,umutoza Pep Guardiola yafashe icyemezo cyatangaje benshi