in ,

Jay Z yashimwe n’umwe mu bategetsi bakomeye ku isi nyuma yo gutwara igihembo (isomere)

Umuhanzi Jay Z nyuma yo gutwara kimwe mu bihembo bikomeye muri muzika ya leta zunze ubumwe za Amerika aricyo cya First Hip Hop Artist yashimiwe cyane n’uwahoze ari President wa leta zunze ubumwe za Amerika ariwe Barack Obama.

Jay Z ari kumwe na Barack Obama

Barack Obama yashimiye cyane Jay Z bikomeye cyane ndetse abwira abari bateraniye amagambo akomeye cyane bigaragara ko aziranye neza cyane na Jay Z ndetse ko ari n’inshuti ye cyane.

Ibi bibaye mu gihe Jay Z n’umugore we, Beyoncé, bitegura kwakira abana babo b’impanga binavugwa ko bashobora kuba bari hafi kuko bombi batagipfa kugaragara cyane ku mbuga nkoranyambaga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AMAFOTO-Irebere uko ubukwe bw’umukinnyi ukomeye wa Manchester United bwagenze

Ibintu byacitse muri Chelsea! Umutoza Antonio Conte ashobora kwirukanwa