in

Jay Polly watabarutse yegukanye igihembo muri Kiss Summer Award

Jay Polly utazava mu mitima y’abanyarwanda nyuma y’indirimbo ndetse n’ibikorwa yakoreye umuziki nyarwanda aho yakoze indirimbo zahinduye ubuzima bwa benshi mu bakunzi be.

Jay Polly yahawe lifetime achievement award muri Kiss Summer Award nk’umuntu wagize icyo akora muri muzika nyarwanda ndetse n’ubwa mbere bahembye uwashyize itafari rifatika muri muzika .

Jay polly igihembo cye cyahawe Bull dog na Fireman nka babanye nawe muri Tuff gang ndetse basubiramo indirimbo ye mu kumuha icyubahiro akwiriye.

 

Reba incamake y’amakuru ya showbiz agezweho:

Written by Alain Habyarimana

Tel:+250789922204

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agashya: Umupira wamaguru ukinirwa mu rusengero.

Umunyarwenya Zaba Missed Call yaba ari mu munyenga wurukundo?