imikino
Iyumvire uburyo Neymar yirase ndetse akanishongora ku banyamakuru

Mu kiganiro rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelone ndetse na Brazil yagiranye n’abanyamakuru yabajijwe ibibazo bijyanye n’ubuzima bwe bwo hanze y’ikibuga (iyo Atari gukina), maze avugako adateze kuzigera areka kujya mu tubyiniro ngo kuko bakunda cyane kandi afite ubushobozi bwo kubikora.
Asubiza umunyamakuru ku kibazo cy’imyitwarire ye hanze y’ikibuga Neymar yagize ati : “Njye mbona mukwiye kureba uburyo nitwara mu kibuga, naho iyo nsohotse mu kibuga ibyo nkora ntibibareba!.. Nkunda gusohokana n’inshuti zanjye n’umuryango wanjye tukishimisha. Sinumva impamvu yatuma ndeka kujya mu tubyiniro kandi mbifitiye ububasha. Njye mba nzi inshingano zanjye mu kibuga. Nzakomeza kujya mutubyiniro kuko ntacyo bintwaye nabusa.â€
Neymar yunzemo asobanura ko umuntu afite ku myaka ye bawuhaye undi muntu uwariwe wese nawe yakwitwara nkawe. Aha yagize ati : “Tekereza ufite imyaka 24, winjiza amafaranga nkayo ninjiza, ufite umutongo nkuwo mfite. Urakekako utabaho nkuko mbayeho?â€
Neymar kuri ubu bikaba bisa naho yatangiye kwanduza mucuti we Lionel Messi kuko bigaragara ko imyitwarire ya Messi yahindutse kuva yahur ndetse akaba inshuti na Neymar.
Comments
0 comments
-
Imyidagaduro19 hours ago
Urukundo ni rwogere: Fofo wo muri papa sava yuriye indege ajya gushyigikira ibikorwa by’umukunzi we
-
Utuntu n'utundi23 hours ago
Cyore:Umukwe n’umugeni bashatse kurwanira mu bukwe bakizwa na mbuga.
-
urukundo9 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima9 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda22 hours ago
Maze imyaka 40 nta mugabo urantereta|Ninjye muntu mubi cyane ku isi||ukuguru kwanjye banze kuguca.
-
Mu Rwanda21 hours ago
Akumiro:Bamuroze kugira ibitsina bibiri nyuma yo kurya isake y’umukobwa||Ubuhamya bwa Miss Munyago w’i Nyamasheke.
-
urukundo22 hours ago
Abantu benshi bashimishijwe cyane n’ubukwe bw’umusore umaze imyaka 14 mu kagare k’abamugaye n’inkumi y’ikizungerezi.
-
Hanze19 hours ago
Wa muhanzikazi wamaze icyumweru kwa Diamond Platnumz yahaswe ibibazo| Ibyo guterwa inda na Diamond| Ukuri kose yagushyize hanze