imikino
Iyumvire uburyo Neymar yirase ndetse akanishongora ku banyamakuru

Mu kiganiro rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelone ndetse na Brazil yagiranye n’abanyamakuru yabajijwe ibibazo bijyanye n’ubuzima bwe bwo hanze y’ikibuga (iyo Atari gukina), maze avugako adateze kuzigera areka kujya mu tubyiniro ngo kuko bakunda cyane kandi afite ubushobozi bwo kubikora.
Asubiza umunyamakuru ku kibazo cy’imyitwarire ye hanze y’ikibuga Neymar yagize ati : “Njye mbona mukwiye kureba uburyo nitwara mu kibuga, naho iyo nsohotse mu kibuga ibyo nkora ntibibareba!.. Nkunda gusohokana n’inshuti zanjye n’umuryango wanjye tukishimisha. Sinumva impamvu yatuma ndeka kujya mu tubyiniro kandi mbifitiye ububasha. Njye mba nzi inshingano zanjye mu kibuga. Nzakomeza kujya mutubyiniro kuko ntacyo bintwaye nabusa.â€
Neymar yunzemo asobanura ko umuntu afite ku myaka ye bawuhaye undi muntu uwariwe wese nawe yakwitwara nkawe. Aha yagize ati : “Tekereza ufite imyaka 24, winjiza amafaranga nkayo ninjiza, ufite umutongo nkuwo mfite. Urakekako utabaho nkuko mbayeho?â€
Neymar kuri ubu bikaba bisa naho yatangiye kwanduza mucuti we Lionel Messi kuko bigaragara ko imyitwarire ya Messi yahindutse kuva yahur ndetse akaba inshuti na Neymar.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Fiancé wa Clarisse Karasira yifotoreje ku ndege ya US AIR FORCE bituma uyu mukobwa abiratira abandi karahava.
-
Imyidagaduro17 hours ago
Amafoto Shaddy Boo ashyize hanze kuri Twitter noneho arabaga ntakinya .
-
Imyidagaduro20 hours ago
Umunyamakuru wa RBA yahawe igisubizo gisekeje n’umufana we ubwo yasabaga imvura
-
Imyidagaduro12 hours ago
Dore amafoto agaragaza ubwiza budasanzwe bwa fiancée w’umuhanzi Emmy
-
Imyidagaduro15 hours ago
Ubukwe: The Ben agiye gushyira mu rugo Miss Pamella bibanire nk’umugabo n’umugore
-
Imyidagaduro17 hours ago
Umuhanzi Igor Mabano yavuze umuhanzi akunda kurusha abandi mu Rwanda
-
Inkuru rusange20 hours ago
Ibintu 5 bidasanzwe wamenya kuri Tanasha wabyaranye na Diamond Platnumz
-
Inkuru rusange16 hours ago
Miss Keza Joannah yakoresheje amagambo yuzuye urukundo rwinshi maze yunamira Papa we umaze imyaka ibiri yitabye Imana