in ,

Iyumvire inkuru y’urukundo hagati y’uyu mukobwa n’uyu mukinnyi wa APR FC (amafoto)

Mvuyekure Emery ubu akina nk’umunyezamu wa APR FC aho yaje mbere yuko akina nk’umunyezamu wa  Police Fc yagezemo naho avuye muri AS Kigali,Nubwo Mvuyekure Emery atakinnye umukino  APR FC iherutse gutsindamo Amagaju igitego 1-0,ubu amakuru agera kuri YEGOB.RW aremeza ko Emery ari koroherwa.

akalla-horz

Emery wikundira  kurya ifiriti  ndetse akanywa amata ndetse  n’agahiye  rimwe na rimwe ,yamaze kwiyegurira Umutesi Helen ku buryo butari ibanga ndetse ubwe yiyemereye ko ajya amusohokana ariko rimwe na rimwe gusa kandi urukundo rwa Helen na Emery rugaragarira benshi ku buryo umwe mu nshuti zabo za hafi yaduhishuriye ko bafite umushinga wo kuzarushinga

Iti” Emery na Helen bamaranye imyaka isaga 3,gusa buri gihe iyo bari kumwe bagaragara nkaho aribwo bagihura kuko baba bafitiranye urukumbuzi rudasanzwe…bafitanye umushinga wo kuzabana gusa bakundanye mu bwitonzi ariko kandi bakundana uruzira uburyarya nkurikije uko mabazi mu gihe tumaranye ”

ajaka-copy

ajakala-copy
ajaka
ajaal
akalla-copy
akla
emaa

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
Kabagabo
7 years ago

Ko ndeba se umukobwa amezi nk’ufite inda y’amezi macye uyu muzamu wa APR yinjije penalty?

Jose Mourinho atangiye guteza ikipe ya Manchester United ibibazo bikomeye cyane

Ibyo Messi yatangaje byagaragaje ko uyu musore arusha agaciro umutoza w’ikipe ya Fc Barcelone(Impamvu)