in ,

Iyumvire ibitutsi bikomeye ubuyobozi bwa Fc Barcelone bwasigaye butuka Neymar wamaze kuyivamo

Umukinnyi Neymar wakomeje kugarukwaho nibitangazamakuru byo ku isi yose bitewe nukuntu yahisemo guhindura ikipe ku buryo butunguranye, gusa abafana b’ikipe ya Fc Barcelona bakaba bamushinja kuba indashima bitewe nibyo bamuhaye byose ariko we akaba abasize. Si abafana gusa kuko n’umuyobozi ushinzwe kugura abakinnyi mu ikipe ya Fc Barcelona Joan Laporta akaba nawe yagize icyo abivugaho nkuko tubikesha ikinyamakuru AS.Mercato / Barça : un homme d’affaires déclare la guerre pour Neymar

Nkuko ibinyamakuru byo muri Espagne byakomeje bibikomeza Joan laporte yakomeje kwijujuta avuga ko Neymar yagaragaye nkumucanshuro ndetse atigeze agaragariza urukundo ikipe ya Fc Barcelona gusa amakosa akaba atari aya Neymar gusa kuko uyu mugabo yakomeje gutangaza ko nubuyobozi bubifitemo uruhare kuko iyo bukiza kwicaza uyu musore uyu mugabo ahamya ko atari kugenda gutyo gusa. Gusa andi makuru avuga ko ubuyobozi bw’ikipe bwari bumaze kugaragaza ikibazo cyo kubura uko bahemba Neymar, Messi na Suarez bityo bakaba barahisemo kurekura Neymar.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arsene Wenger ahaye inkuru nziza cyane ikipe ya Arsenal mu gihe habura iminsi mike ngo bakine na Chelsea

Anita Pendo yatunguye abantu benshi ubwo yabyinaga kandi atwite inda y’imvutsi