in ,

Iyumvire ibintu Olivier Giroud yavuze nyuma yo kurokora Arsenal ku munota wa nyuma byakoze ku mitima ya benshi

Mu mukino ufungura shampiyona  y’Ubwongereza muri saison nshya ya 2017-2018,Arsenal yatsinzemo ikipe ya Leicester City ibitego 4 kuri 3 byaje ku buryo butunguranye aho ikipe ya The Gunners yaje gutsinda ibitego 2 mu minota ya nyuma  byose by’abasimbura ari bo Aaron Ramsey ndetse na Olivier Giroud wabuze umwanya wa mbere nyuma y’igurwa rya Alexandre Lacazette.Image result for giroud press conference

Nyuma y’uwo mukino yakijije ikipe ya Arsenal gutangira nabi,Olivier Giroud aganira na Sky Sports nyuma y’umukino yemeje neza ko azaguma muri iyi kipe ya Arsenal nyuma y’aho amakuru menshi ava ku mugabane w’i Burayi yemeje neza ko atazemera umwanya w’ubusimbura dore ko n’amakipe menshi arimo Milan AC, Olympique de Marseille n’izindi  zimushatse ariko akaba azeretse ko Arsenal ari yo kipe ye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye—Ikipe ya Chelsea ikaba yibitseho umukinnyi ukomeye cyane kw’Isi nyuma y’igihe abafana bamusaba

Dore amafoto y’abastar nyarwanda yabiciye bigacika muri iki cyumweru