in ,

Iyumvire amagambo Thierry Henry yavuze kuri Lionel Messi na Cristiano Ronaldo yababaje abatari bacye

Nyuma y’igihe kinini abafana bagira ikiganiro kitarangira k’umukinnyi mwiza hagati ya Lionel Messi na Cristiano Ronaldo,mu kwibaza uzitwara neza iyi saison itaha,umugabo Thierry Henry yamaze abafana amatsiko agira icyo avuga uko we abibona.

Mu kiganiro n’ikinyamakuru Sportsbible,yagize ati “Lionel Messi ni umukinnyi w’igitangaza sinkeka ko ibyo atashobora gukora hari uwabikora.Ni impano.Byose abikora nta guhatiriza mu buryo busanzwe cyane kandi bworoshye.Cristiano Ronaldo we arakora cyane niho batandukaniye,Ronaldo we akora imyitozo cyane mu gihe Lionel Messi we byizana

Thierry Henry yakinanye na LIonel Messi

Tubibutsa ko Thierry Henry yakinanye na Lionel Messi mw’ikipe ya FC Barcelone nyuma yo gukora amateka atazibagirana mw’ikipe ya Arsenal

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Sasha Obama yasomanye bikomeye n’umusore mu gitaramo abari bahari bakekako bitarangirira aho (amafoto)

Inkuru Ishyushye-Chelsea yasuzuguje cyane Manchester United mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye kw’Isi