in ,

Iyumvire amagambo akomeye rutahizamu w’ikipe ya Fc Barcelona yabwiye Ousmane Dembele benshi bakabifata nkubwirasi

Umukinnyi Ousmane Dembele ku munsi wo kuwa gatandatu nibwo yagombaga guhabwa umwanya we wa mbere wo kwigaragariza abafana b’ikipe ya Fc Barcelona bwa mbere mu mikino ya Champiyona aho ikipe ya Fc Barcelona yanyagiye utababariye ikipe ya Espagnol Barcelona nkuko twabibagejejeho mu nkuru yacu iherukaIgikorwa abafana ba Fc Barcelona bakoreye umukinnyi wabo ukomeye cyakoze ku mitima ya benshi, uyu musore yakiriwe ku buryo budasanzwe n’abafana. Muri iki gitondo nibwo hamenyekanye amagambo uyu musore yabwiwe na rutahizamu Luis Suarez w’iyi kipe ya Fc Barcelona benshi babifata nko kumunnyuzura kuko akiri mushya muri iyi kipe.FBL-ESP-LIGA-BARCELONA-ESPANYOL

Nkuko uyu musore yabitangarije BeIN Sports nyuma y’umukino yagize ati:”Suarez said to me to give him the ball and he would score, I did it and he scored, I’m very happy. I’m very happy, it was strange to be alongside the best in the world, It was a good victory and I felt a lot of emotions. I’ve fulfilled a dream“.

Tugenekereje mu kinyarwanda uyu musore yagize ati:” Suarez yarambwiye ngo nze kuza kumuha umupira uvamo igitego maze atsinde kandi narabikoze kandi yaratsinze, Ibi byaanshimishije cyane. Nishimiye cyane gukina iruhande rwa bamwe mu bakinnyi beza isi ifite. Byari insinzi idasanzwe cyane kuburyo numvishe binshimishije, natangiye gukoza imitwe ku nzozi zange.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kim Kardashian yishyize hanze yambaye imyambaro igaragaza imiterere y’imibiri y’abagore maze aterwa utwatsi na benshi (amafoto)

Umukinnyi uzambara numero 7 mu ikipe ya Manchester United agiye kuyizamo vuba