in ,

Iyumvire amagambo AKOMERETSA Neymar yabwiye abafana ba FC Barcelone atsinda igitego cye cya mbere yatunguye abantu benshi

Mu mukino wa mbere Neymar yakiniye ikipe ye nshya ya Paris Saint Germain bakina na Guingamp,yaje gutsinda igitego ndetse atanga na assist mu gihe ikipe ye yahoze akinira ya FC Barcelone yatsindwaga na Real Madrid,nyuma y’umukino yaje kuvuga amagambo yakomerekeje cyane abafana ba Arsenal.

 Neymar - PSG - Guingamp  (Reuters)
Neymar

Neymar y’uwo mukino yagize ati “Nishimye kuba nakinnye neza ku mukino wa mbere ariko icya ngombwa cyari ugutsinda umukino.Biba byoroshye gukinana n’abakinnyi b’abahanga batumye menyera nkakina nk’aho maze igihe muri iyi kipe.Nubwo nari mbizi ko kuva mw’ikipe ya FC Barcelone bitoroshye benshi bacyeka ko umuntu aba apfuye ariko ndacyariho kandi ndishimye cyane hahindutse umujyi n’ikipe ariko ruhago ntago yahindutse.”

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Umva icyo abafana ba Nicki Minaj bavuze ku mafoto agaragaza ikibuno cye yashyize hanze

Agashya: Umukinnyi uherutse kwinera muri Jeux Olympique yakoze akandi gashya