in ,

Iyi nkuru ni iy’ibyishimo mu ikipe ya Real Madrid n’abafana bayo

Nyuma y’imvune y’igihe kirekire umukinnyi Gareth Bale rutahizamu w’ikipe ya Real Madrid uca ku mpande yagize yaramazemo ibyumweru bigera kuri 6, kuri ubu uyu musore yagarutse mu myitozo nkuko tubikesha ikinyamakuru AS cyandikira muri Espagne.

Image result for Zidane cristiano and Bale happy

Nkuko tubikesha icyo gitangazamakuru, uyu mukinnyi ashobora no kugaragara ku mukino wa Uefa Champions League, aho ikipe ye izacakirana n’ikipe ya Napoli yo mu gihugu cy’ubutaliyani, ibi kandi bikaba byashimishije benshi bitewe nuko umusore Cristiano Ronaldo yaramaze igihe kinini atigaragariza abafana nkuko byahoze mbere, gusa ubu hakaba hari icyizere ko wenda niba mugenzi we bafatanyaga gutaha izamu yagarutse, umusaruro w’iyi kipe ya Real Madrid ugiye kurumbuka.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Biragayitse : Gisa Cy’inganzo Afatiwe Mu Biryogo Azira Ubujura

Umukobwa ufite ikibuno kidasanzwe(Miss Bumbum) yongeye kwivanga mu bya Messi aciye mu buyobozi bwa Barca