in ,

IYI N’INDIRIMBO YA RIDER MAN YAYIKOZE BITURUTSE KURI FILIMI YAREBYE IKAMUTERA AGAHINDA : ( +VIDEO-{GET OUT OF MY SOUL})

Umuhanzi w’umunyarwanda uririmba injyana ya HIP HOP Gatsinzi Emery uzwi ku mazina y’ubuhanzi RIDERMAN yashyize hanze amashusho y’indirimbo nshya yise ‘Get Out Of My Soul’(G.O.O.M.S) aririmbamo umukobwa uba yarananiye umugabo we bikaza kuragira umwe yishe undi,  ‘Get Out Of My Soul’   iri mu njyana ya Reggae, yumvikanamo amagambo y’indimi zitandukanye arizo Igifaransa, Icyongereza ndetse n’Ikinyarwanda. Riderman yavuze ko yanditse iyindirimbo agendeye kuri filime y’urukundo yigeze kureba avanamo inyigisho yifuje gusangiza abanyarwanda ndetse n’abandi bumva ibihangano by’abanyarwanda

umuhanzi RIDER MAN
umuhanzi RIDER MAN

Ubwo twaganiraga n’uyu muhanzi yagize Ati “Umuhanzi akura inganzo ahantu Batandukanye, mu kuyandika byaturutse kuri filime y’urukundo nigeze kureba  nsangamo isomo numva nifuje kurisangiza abandi.

Ni umukobwa wakundanaga n’umusore m’urukundo rwobo harimo ibintu byinshio  bibabaza umusore , byari bibabaje cyane, yari yarananiye umukunzi we bigera aho yica umusore.” Bityo numva aho hari isomo nasagiza abakunda ibihanagano byanjye.

Riderman yakomeje adutangariza ko afite umushinga w’indirimbo nshya yise “Uwo Ndi We” azashyira hanze mu cyumweru gitaha. Anateganya gusohora album yise ‘Ukuri’ izajya hanze muri Nyakanga 2016.

                     Get Out of my Soul (G.O.O.M.S) by RIDER MAN (Officila video)

https://www.youtube.com/watch?v=TKCswyobzxs

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abakunzi ba Tom Close berekanye indirimbo ye yambere y’ibihe bye byose izahora ikunzwe (+VIDEO)

Knowless Butera yatuguwe no kwibona ku rutonde rw’abahanzi bahataniye ibihembo bikomeye muri Nigeria (NEAS) :(+URUTONDE)