in ,

Isomere impamvu ibabaje yatumye FC Barcelone yemera kugurisha Neymar

Nyuma y’iminsi havugwa ko Manchester United na Manchester City ndetse na Paris St Germain ziri kwiruka ku mukinnyi Neymar wa Barca ziteguye no gushyiraho amafaranga arenga Miliyoni 200 z’ama euro.

Ariko ikinyamakuru Diario Gol gitangaza ko FC Barcelona yaba iri gucura umugambi wo kugurisha uyu musore w’imyaka 25 ngo ibone amafaranga yo kwiyubaka igura abakinnyi ishaka hasi hejuru aribo Hector Bellerin,Marco Verratti,Ousmane Dembele ndetse na Paulo Dybala.

Abayobozi ba FC Barcelone baba bafite impugenge z’uko Neymar yazaba nka Ronaldinho kubera kuryoshya kwe gutuma agenda agabanya ibitego buri saison.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore ukuntu amakipe azambara saison itaha aho Real Madrid yahigitswe ku mwanya wa mbere w’ikipe yambara neza

Ntamahitamo by Rolicky ft Jody ft Khalfan ft Fireman