in ,

Isomere amagambo akomeye Shaddyboo yavuze agakora ku mitima ya benshi

Shaddyboo ni umwe mu banyarwandakazi bazwiho uburanga budasanzwe ndetse wanamenyekanye cyane hano mu Rwanda cyane cyane kubera amafoto atandukanye yagiye asangiza abakunzi be abinyujije ku rukuta rwe rwa Instagram ndetse n’andi atandukanye abakunzi be hirya no hino ku isi bagenda bahererekanya bigatuma amenyekana cyane hirya no hino ku isi. Shaddyboo mu minsi ishize yatangaje amagambo akomeye cyane y’ubuzima yakoze ku mitima y’abantu batari bake.

Shaddyboo

Shaddyboo yagize ati: “If they respect you,respect them.if they disrespect you,still respect them.do not allow the actions of others to decrease your good manners,because you represent yourself,not others”. Ugenekereje mu kinyarwanda bishatse kuvuga ngo “niba abandi bakubashye, nawe bubahe. Niba batakubashye, wowe bubahe. Ntuzigere wemera ko ibikorwa by’abandi bicisha bugufi imyitwarire myiza yawe kuko ni wowe ubwawe wigaragaza ntabwo ugaragaza abandi” Aya magambo akaba yaragarutsweho cyane n’abantu benshi hirya no hino bavuga ko ari amagambo yuje impanuro n’inama nziza z’ingirakamaro zafasha mu mibereho myiza y’umuntu uwariwe wese no kubana neza kw’abantu batandukanye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere igikorwa Neymar agiye gukora mu rwego rwo gusezera kuri bagenzi be i Barcelone

Umukinnyi washakishwaga bikomeye n’ikipe ya Real Madrid na Fc Barcelona yahisemo aho azerekeza