in

Isimbi Noeline uzwiho gukina filime z’urukozasoni burya ashyigikiwe na musaza we, yavuze akayabo yatanze kugira ngo yongereshe amabere abantu barumirwa

Isimbi Noeline uzwiho gukina filime z’urukozasoni, musaza we yatunguye abantu ubwo yavugaga ko nta kibazo abona kuri mushiki we ngo ahubwo azakomeze akore ibyo ashaka bimwinjiriza gusa bitari kwica ndetse na kwiba.

Mu kiganiro aba bombi bagiranye na Isimbi Tv dukesha iyi nkuru, musaza wa Isimbi witwa Mirimo Frank yavuze ko kubona ubwambure bwa mushiki we ntakibazo bimutwara kandi ko amushyigikiye mu mwuga akora.

Nyuma y’inkuru zakwirakwiye hose ko Isimbi yongeresheje amabere, umunyamakuru yamubajije icyatumye afata uwo umwanzuro, maze Isimbi amusubiza ko adakunda isutiye kandi ko yashakaga gusa neza.

Isimbi Noeline kandi yavuze ko kugira ngo yibagishe ayo mabere, byibuze byamutwaye amafaranga miliyoni 10Frw.

Written by Epaphrodite Nsengimana

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it: +250736426472

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Lionel Messi burya afite impamvu ituma atakikoza ikipe ya PSG, bamufitiye umujinya

“Ibi mubyitondere kandi nta muntu bitaribugereho”  Unva ubuhamya ku butubuzi buri kubera kumbuga nkoranyambaga