in ,

Isi irashaje-Umwarimu w’indaya arashinjwa guhohotera umwe mu banyeshuri be

Uyu mwarimu w’imyaka 24 witwa Loryn Barclay of Washburn utuye muri leta ya Missouri aha ni muri leta zunze ubumwe za Amerika arashinjwa gufata ku ngufu umuhungu umwe mu banyeshuri be w’imyaka 17.

The former teacher allegedly had sexual relations with the teen in his car and at his house in Missouri

Nkuko tubikesha Dailymail, uyu mugore w’imyaka 24 yafashwe nyuma y’igihe kirekire afata ku ngufu uyu mwana w’umuhungu yigishaga kuko bivugwa ko yatangiye kumufata ku ngufu guhera mu Ugushyingo 2016 kugeza muri Mutarama 2017. Biravugwa ko uyu mugore yashukashukaga uyu mwana w’umuhungu kugirango aze kumusura iwe mu rugo ari naho yamukoreshaga ibya mfura mbi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma yo kwibaruka abana b’impanga, isomere inzitizi Beyonce yahuye nazo zo kubarera

Irebere ifoto ya Anita Pendo yatumye abantu batekereza byinshi