in ,

Ish Kevin yatangaje amakuru meza ku bakunzi be

Umuraperi uri mu bakunzwe mu Rwanda, Ish Kevin yatangarije abakunzi be ko agiye kubaha umuzingo w’indirimbo(EP) mushya mu minsi ya vuba.

Abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze, Ish Kevin yavuze ko iyi EP izaba yitwa Long way up ndetse ko n’amazina y’indirimbo arayatangaza mu minsi ya vuba.

Uyu muzingo w’indirimbo uje ukurikira undi yasohoye mu ntangiro z’uyu mwaka yise “My Year.”

Written by Moise Mfitumukiza

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. :+250 789 079 952

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Bigoranye Rayon Sport yagiye ku mwanya wa mbere

Umwe mu bahanzi bakizamuka mu muziki nyarwanda yasohoye indirimbo yakoranye n’umuhanzi ukomoka muri Gabon