Inkuru rusange
Iri n’ishyano :Bwa mbere abihinduje ibitsina barishakamo umwiza kusha abandi!!

Uko iminsi igenda ishira ni nako isi igenda itera imbere,uko isi itera imbere nia nako yorohereza abantu bafite ibyifuzo mu mitima yabo maze bakabasha kubigeraho byoroshye,Muri iki kinyejana abambere boroherejwe n’iterambere ni bamwe mu batarishimiye uko bavutse kandi bafite amafaranga,abo rero bayobotse muganga baribagisha.
Mu bagiye bahinduza imibiri yabo cyane cyane,imiterere y’ibitsina byabo ,wenda uwari umugabo agashaka kwibera umugore ,aba nibo bari kwishakamo urusha abandi uburanga.Ntawahakana ko Imana itabyishimira gusa amakuru dukesha ibinyamakuru byo muri Israel ndetse na Yahoo News n’uko iri rushanwa rigiye kubera mu murwa mukuru w’igihugu abenshi bita icy’isezerano,Tel Aviv (Israel).
Iki n’igitekerezo cyagizwe na Stephanie Lev,uwigize umugore muri Israel nyuma yo kumva ko muri canada ,ubwo batoraga Miss muri 2012c uwitwa Jenna Talackova yakuwe mu irushanwa nyuma yo kuvumburwaho kuba yarahoze ari umugabo maze akaba ubu ari umugore,Lev wamenyekanye mu kurwana inkundura y’ubutinganyi atuye mu Murwa mukuru wa Israel,yafashe icyemezo cyo gushyigikira abigize abagore barahoze ari abagabo,maze nawe atangaza ko ku italiki ya 27/05/uyu mwaka hazabaho gutora umwiza kuruta abandi mu bihinduje ibitsina (contestant).Wibuke ko kwihinduza ibitsina kudasigana no gutingana.
Nguru uruhererekana rw’ibinyejana muntu agiye kwinjiramo,ibinyejana byuje ubugomeramana n’ubuhenebere buremereye,bamwe bati ” ibyaha byose birangana” wenda reka tubyemere gusa Imana yarimbuye Sodoma na Gomora kubera ubutinganyi bwari bumaze gufata indi ntera
Ngaho soma Yuda 1:7 “7Naho abaturage ba Sodoma na Gomora
Ku bemera bibiliya reka twongere turebe no mu  Itangiriro 1-27 haragira hati”Imana irema umuntu ngo agire ishusho yayo, afite ishusho y’Imana ni ko yamuremye, umugabo n’umugore ni ko yabaremye”
Nonese ugiye kwihindura umugore yarahoze ari umugabo,cyangwa ugiye kwihindura umugabo yarahoze ari umugabo,ntagaye kandi ntajoye imirimo y’amaboko ya Rurema”
Ngaho dusoreze ku Ijambo riri mu Baroma 1:27-32: haragira hati”
-
inyigisho15 hours ago
Bimwe mu bintu bibi umukunzi wawe ashobora kugukorera ukababara cyane kurusha kumufata aguca inyuma.
-
Imyidagaduro16 hours ago
Ndimbati bamuguyeho atetse igikoma kubera gahunda ya Guma mu Rugo |Asekeje abantu imbavu zirashya(VIDEO)
-
Imyidagaduro17 hours ago
Miss Vanessa ati « nakorewe mu ijuru nteranyirizwa muri Afurika »
-
Imyidagaduro19 hours ago
Yolo The Queen yagiriye inama abasore bakururwa n’imiterere y’abakobwa ku mbuga nkoranyambaga
-
Imyidagaduro12 hours ago
Miss Jordan Mushambokazi mu munyenga w’urukundo n’umusore bitegura kurushinga
-
Imyidagaduro17 hours ago
Kechapu wo muri Bamenya yerekanye imodoka ihenze asigaye agendamo|Yavuze icyo akundira ShaddyBoo |yakebuye ba SlayQueen (VIDEO)
-
Hanze18 hours ago
Zari Hassan yacyuriye Tanasha Donna ko inzara ariyo yamukuye iwe ikamujyana kwa Diamond Platnumz
-
Izindi nkuru5 hours ago
Umugore wakundanye na Barack Obama akaza kumubenga akomeje kwicuza.