in ,

Iri ni ishyano! Umupasiteri yiyiciye umuyoboke ashaka kumukoreraho ibitangaza.

Kill_Woman

Umupasiteri wo mu idini ryitwa Mount Zion General Assembly muri Africa y’epfo yiyiciye umuyoboke ubwo yamusabaga ko aza imbere y’itorero maze akamukoreraho igitangaza.
Mu kumukoreraho igitangaza Pasiteri Lethebo Rabalango yasabye uyu mukobwa kwegera imbere maze akaryama hasi nuko pasiteri yaje gusaba bamwe bashinzwe umutekano mu rusengero yuko baterura speaker bakayimutereka hejuru kugira ngo igitangaza kijye mu bikorwa.

Kill_Woman1


Nk’uko Wire dukesha iyi nkuru ikomeza kubivuga ngo abashinzwe umutekano bateruye ya SPeaker ifite ibiro birenga 113 maze bayimutereka hejuru mu gihe Pasiteri yavugaga ko ntacyo iyi speaker yamutwara uyu mukobwa ntabwo yavugaga kuko yari yamaze gupfa rugikubita

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Dore amafoto y’abastar yaciye ibintu kuri Instagram muri iki Cyumweru #6 (amafoto)

Jeux Olympiques:Undi munyarwandakazi yasize inkuru i Rio