in ,

Irebere uko Donald Trump yambiswe amahembe bigateza induru (Amafoto)

Donald Trump utegereje ko ukwezi kwa mutarama kuza akicara muri White House ,dore ko yamaze gutorerwa umwanya wa Perezida wa USA kabone n’ubwo byavuzwe ko yakorakoraga abagore igihe yiyamamazaga,ubu yahawe igihembo cy’umuntu w’umwaka.

Trump person of the year

Ikinyamakuru Time Magazine cyagize Trump umuntu w’umwaka ahigitse  Nigel Farage bari bahanganiye ibi bihembo.we ubwe yabitangaje kuri Twitter mbereho umunota umwe ngo bitangazwe.ati”I will be interviewed on the @TODAYshow at 7:30. Enjoy!”

Ni byo koko Trump yagize umwanya  w’icyubahiro kandi akangaranya isi muri uyu mwaka dore ko itorwa rye ryatunguye abatari bacye.hagati aho n’ubwo yatowe,urupapuro Time Magazine yakoresheje ibyandika byavuzwe ko rufite ikidasanzwe rugaragaza.

Ikidasanzwe rugaragaza ntabwo ari umusatsi we cyangwa indoro ye ivugisha abatari bacye,ntan’ubwo ari intebe yicayemo cyangwa uburyo yifashe ahubwo ni amahembe yambiswe hifashishijwe inyuguti ya M iri mu ijambo TIME

 

 

Ibi bije nyuma y’uko bivuzwe ko uyu mugabo yaba akorana n’imbaraga za illuminati ,ndetse bitera urujijo abantu bibaza niba koko Time Magazine yamwambitse amahembe ku ibizi kandi ibigambiriye

amaklakla

Written by Philcollens

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 784 798 373

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Roho yanjye by The Ben

AMABANGA: Ibya Usengimana Faustin na Daniella bigeze mu mahinaÂ