in ,

Irebere amafoto adasanzwe yaranze abahanzi b’abanyarwanda muri uyu mwaka wa 2016

fearles-junky

Uyu mwaka wa 2016 turi gusoza waranzwe n’ imyambarire idasanzwe ku bahanzikazi nyarwanda haba mu bitaramo bakoze, ku mbuga nkoranyambaga zabo n’ahandi bagiye bagaragara wasangaga imyambarire yabo yavugishije abantu.

Hari abahanzikazi bagiye bashyira amafoto ku mbuga nkoranyambaga zabo basa nk’abambaye ubusa, gusa bamwe bakabihakana abandi bakavuga ko ari ubusabonuro bw’ibindi bintu bitandukanye bashakaga kwerekana.

Bamwe mu bahanzikazi bakunze kwambara imyambaro itangaje ndetse yerekana ubwambure mu rwego rwo gukurura abafana benshi cyane, hari n’abadakunda kwambara iyi myambaro nyamara ugasanga barakunzwe.

Yegob yagerageje kwegeranya imwe mu myambarire yaranze abahanzikazi nyarwanda muri uyu mwaka haba mu bitaramo bakoze, ndetse no ku mbuga nkoranyambaga zabo.

Umuhanzi Bob Deol

Uyu si umukobwa ariko ibyo yakoze byatunguye abantu kuko yifotoje yambaye ubusa mu gatuza maze  ifoto  ye ikangaranya abantu ku mbuga nkoranyambaga

d059b17f-7e7e-41ef-be1f-2ac27ac6c75b

Gaga

img-20161118-wa0004

img-20161118-wa0006

Umutoni Gaella ni umwe mu bahanzikazi nyarwanda bakizamuka akaba yaramenyekanye mu ndirimbo nka Gift, Ndeba n’izindi zitandukanye, uyu muhanzikazi na we amafoto ye avugisha abantu benshi cyane ndetse hari n’abahita bifuza kumubona.

Oda Paccy

ffd

Image result for umupira w oda paccy

Oda Paccy na we ni umwe mu bahanzikazi bakunzwe cyane murino minsi bitewe n’indirimbo ze ziri gukundwa cyane, Paccy na we muri uno mwaka yavuzwe cyane mu itangazamakuru bitewe n’imyambarire ye, cyane cyane abantu bavuze ku mupira yigeze kugaragara yambaye maze batangira gucyeka ibindi bintu, ndetse hari n’amafoto ye yagiye ashyira kuri Instagram akavugisha abantu batari bake.

Queen Cha

1474534711_queen_cha_4

1474534711_queen_cha_5

fk

Queen Cha ni umwe mu bahanzikazi bafite uburanga buvugisha benshi, na we iyo urebye imyambarire ye ndetse n’imiterere ye usanga ihogoza abantu batari bake.

Asinah

asnn

asinah-rwanda10

asinah-rwanda13

Asinah nawe numwe mu bahanzikazi bakizamuka muri muzika nyarwanda ndetse akaba yarazanye impinduka nyinshi cyane, imyambarire ye nawe ivugisha abantu benshi, haba ku mbuga nkoranyambaga ze ndetse no mu bitaramo akora.

Young Grace

young

hhh

j

Young Grace na we yaranzwe n’udushya twinshi ku mbuga nkoranyambaga ze ndetse no mu bitaramo yakoze harimo na Guma Guma.

 

Allioni

img_4241

img_42621

dsc_4343

img_6043

Uyu muhanzikazi imyambarire ye yavugishije abantu batari mu irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star 6.

Fearless

fealess

whatsapp-image-2016-10-28-at-19-31-27

img_9097

img_9132

img_9126

img_9117

Haba ku mbuga nkoranyambaga ze ndetse no mu bitaramo akora, imyambarire ye ivugisha abantu batari bake.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Reba amarozi yavuzwe ku mukino wa Rayon Sports na Mukura VS (+VIDEO)

Miss Bahati Grace na Miss Jolly bahuje urugwiro bishyira kera