in ,

Intambara ikaze hagati ya Mourinho n’umwe mu bakinnyi bakomeye yaguze (impamvu)

Nkuko twabibabwiye mu nkuru zahise, Jose Mourinho nyuma yo gutsindwa na mukeba we Pep Guardiola mu mukino wahuje Man U na Man City muri weekend ishize yahise afata icyemezo cyo guhana abakinnyi batanze umusaruro yari batazeho muri uwo mukino.

Umwe muri abo bakinnyi ariwe Henrikh Mkhitaryan rero akaba ngo atishimiye uburyo Mourinho akomeje kumukoresha ngo kuko atamukinisha mu mwanya we asanzwe amenyereye gukinamo. Ibi bikaba bibaye nyuma y’uko Mourinho atangaje ko uyu musore atazakina mu mukino wa Europa League ngo kuko atitwaye neza ku mukino wabahuje na Man City.

Wayne Rooney has the role Utd new boy Mkhitaryan would most cherish
Wayne Rooney niwe ukina ahantu Mkhitaryan yifuza gukina

Utd new boy Henrikh Mkhitaryan believes he is at his best just behind the main striker

Henrikh Mkhitaryan ubusanzwe akina ku 10 gusa ariko ubu ntabasha kuhakina kubera hakinwa na Capiteni Wayne Rooney, ubu ngubu Mourinho akaba yamukinisha nka rutahizamu uturuka ku mpande (wing) gusa byagaragaye ko uyu musore atahabashije.

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
1 Comment
Oldest
Newest Most Voted
Inline Feedbacks
View all comments
emma
emma
7 years ago

ubuse intambara ikaze muri ibi n iyihe muzi gushyushya abantu imitwe gusa

Iyumvire amagambo umunyamideli Kate Bashabe yabwiwe na nyina umubyara agakora ku mutima wa The Ben

Iyi nkuru y’urukundo yakoze ku mitima ya benshi mu batuye isi