Hanze
Inkuru y’ubukwe bwa Rihanna na Drake ni umusonga kuri Chris Brown.

Urukundo rwa Drake na Rihanna rwongeye  kuvuza ubuhuha kuva igihe bakoranye indirimbo bise “Work”. Byatangiye kuvugwa mu mezi make ashize ko urukundo hagati yabo rwongeye gushora imizi ndetse baje gufotorwa basohokanye i London ,Ibi byose n’ubwo biba ariko ntabwo ari inkuru zishimisha Chris Brown. Kuri ubu hari amakuru avuga ko Drake na Rihanna bashobora gukora ubukwe mu minsi mike gusa Hollywoodlife (HL) ivuga ko iyi nkuru yabaye umusonga ukomeye kuri Chris Brown utanafite umukunzi muri iyi minsi.
Ikinyamakuru kitwa Life&style nicyo cyaje ku isonga mu gutangaza ko hari ubukwe bututumba hagati ya Drake na Rihanna ,ndetse ngo Rihanna yamaze kubiganira na Drake ku buryo isaha n’isaha batungura rubanda kuko igihe cyose Drake yatera ivi akambika Rihanna w’imyaka 28 impeta.
Umwe mu nshuti za chris Brown yabwiye HL ko amakuru y’ubukwe bwa Drake na Rihanna yabaye umusonga utikura Chris mu rubavu ,ati” ntabwo ari ibyishimo na gato kuri Chris iyo yumvishe inkuru yuko Rihanna bahoze bakundana ashobora kubana na Drake ,ndeste birashoboka ko baramutse babanye ashobora nawe guhita azana Nia Guzman(wa mugore babyaranye ) cyangwa Karrueche Tran (wakundanye na Chris nyuma ya Rihanna) kuko aracyakunda cyane Rihanna ndetse yicuza impamvu yabaye gitera y’ugutandukana rye na we…..mbese ntababeshye ubukwe bwa Rihanna n’umusonga uremereye  kuri Chris”
Rihanna na Chris Brown batandukanye mu mwaka wa 2009 nyuma yuko Chris Brown yaramaze kumuhondagura  bikomeye,Impamvu yikubitwa rya Rihanna ntayindi yabaye ubutumwa Chris Brown yandikiwe n’undi mukobwa ,maze Rihanna ashaka kuyisoma Chris arabyanga birangira ahubwo amukubise  ndetse amukomeretsa mu maso
Dore n’uku Rihanna yasaga nyuma yo gukubitwa na Chris Brown
Comments
0 comments
-
Mu Rwanda23 hours ago
Abantu batunguwe cyane n’amazi yo mu kiyaga cya Burera arimo kuzamuka mu kirere ntagaruke bakeka ko ari imperuka(AMAFOTO)
-
Mu Rwanda2 days ago
«Boss wanjye yambwiye ko ndi MUBI ntakwiriye kugaragara mu mashusho» -Agahinda k’umunyamakuru ukomeye mu Rwanda.
-
Izindi nkuru17 hours ago
Ubugabo burenga 7000 bwafatiwe mu Bushinwa buvanwe muri Afurika.
-
urukundo9 hours ago
Uyu mukobwa yahaye isomo rikomeye umukunzi we yari yasuye akanga kumuha itike imusubiza iwabo|menya ibyakurikiyeho.
-
Imyidagaduro9 hours ago
Umugabo wa Bahavu Jannet yamukoreye igikorwa kiramubabaza araturika ararira (amashusho)
-
Utuntu n'utundi24 hours ago
Urukwavu rwa mbere ku isi mu bunini rwibwe|hashyirwaho akayabo ku muntu uzarugarura.
-
#KWIBUKA272 days ago
Se yahambwe ari muzima – Ubuhamya bukomeye bwa Uwizeyimana Josiane
-
Izindi nkuru19 hours ago
Umupadiri yasezeye ku murimo w’ubusaseredoti kubera urukundo yakunze umukobwa wari umwe mu bakirisitu yari yararagijwe