in

Inkuru y’incamugongo ku ikipe ya PSG n’abafana bayo

Mu gihe hasigaye ibyumweru bitatu gusa, ngo imikino ya 1/8 cya Chamions League itangire, ikipe ya Paris Saint Germain yaraye ihuye n’uruvagusenya ubwo yavunikishaga rutahizamu wayo Neymar jr mu mukino wabahuje n’ikipe ya Strasbourg muri French Cup.

Iyi mvune ya Neymar ikaba ikomeje guhangayikisha umutoza wa PSG, Tomas Tuchel, dureko uyu musore yongeye kuvunika ku kirenge yari yavunitseho umwaka ushize bigatuma amara hafie amezi ane yose adakandagira mu kibuga. Byumvikana ko bibaye nkuko byagenze ubushize Neymar atazabasha gukina imikino yombi izahuza PSG na Manchester United muri 1/8 cya Champions league.

Iki kikaba cyaba iri igihombo gikomeye cyane dore numwe mu bakinnyi genderwaho ba PSG mu kibuga hagati, Marco Veratti, nawe yavunitse muri weekend ishize.

Neymar yasohotse mu kibuga arimo kurira

Written by YEGOB HIT

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Igisabo atewe agahinda n’ibiri kubera muri Bootcamp ya Miss Rwanda 2019

Intambara ikomeye hagati y’abafana ba Mwiseneza Josiane n’abategura ba Miss Rwanda