in ,

Inkuru Ishyushye-Chelsea yasuzuguje cyane Manchester United mu rugamba rwo kugura umukinnyi ukomeye kw’Isi

Chelsea manager Antonio Conte (right) and Manchester United manager Jose Mourinho during the Premier League match at Old Trafford, Manchester. PRESS ASSOCIATION Photo. Picture date: Sunday April 16, 2017. See PA story SOCCER Man Utd. Photo credit should read: Nick Potts/PA Wire. RESTRICTIONS: EDITORIAL USE ONLY No use with unauthorised audio, video, data, fixture lists, club/league logos or "live" services. Online in-match use limited to 75 images, no video emulation. No use in betting, games or single club/league/player publications.

Mu gihe habura iminsi mike cyane ngo shampiyona yo mu Bwongereza itangire,amakipe ari kurwana ngo yiyubake vuba kandi neza atangire saison nshya biteguye,kuri ubu intambara iri kuvugwa ni iri hagati ya Chelsea na Jose Mourinho.

Gareth Bale #11 of Real Madrid.

Umukinnyi wa Real Madrid,Gareth Bale,ejo hazaza he hajemo utubazo twinshi nyuma y’aho iyi kipe ishaka kugura hasi hejuru umusore w’imyaka 18 y’amavuko Klyian Mbappe ukinira AS Monaco.Uyu musore akaba ari guteza ibibazo muri ba rutahizamu ba Real Madrid,aho Bale ari we wafashe iya mbere atekereza kuri ejo hazaza he.

Ikipe ya Chelsea ikaba iri gushaka kugarura uyu musore mu Bwongereza aho bamushyizeho miliyoni 90 z’amapound kuri miliyoni 85 yaguzwe ava muri Tottenham nk’uko ikinyamakuru The Sun kibitangaza nyuma y’igihe ashakishwa na Mnchester United .Ikinyamakuru Don Balon nacyo cyikemeza neza y’uko yaba yarabwiye Luca Modric bakinana ko yaba agiye gusubira vuba mu Bwongereza.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Iyumvire amagambo Thierry Henry yavuze kuri Lionel Messi na Cristiano Ronaldo yababaje abatari bacye

Dore imibyinire idasanzwe ya Malia Obama yatunguye abatari bake (amafoto+video)