Mu gihe habura iminsi mike cyane ngo shampiyona yo mu Bwongereza itangire,amakipe ari kurwana ngo yiyubake vuba kandi neza atangire saison nshya biteguye,kuri ubu intambara iri kuvugwa ni iri hagati ya Chelsea na Jose Mourinho.
Ikipe ya Chelsea ikaba iri gushaka kugarura uyu musore mu Bwongereza aho bamushyizeho miliyoni 90 z’amapound kuri miliyoni 85 yaguzwe ava muri Tottenham nk’uko ikinyamakuru The Sun kibitangaza nyuma y’igihe ashakishwa na Mnchester United .Ikinyamakuru Don Balon nacyo cyikemeza neza y’uko yaba yarabwiye Luca Modric bakinana ko yaba agiye gusubira vuba mu Bwongereza.