in ,

Inkuru Ishyushye-Umwe mu bakinnyi b’ibihe byose ba Real Madrid yageze mu buroko kubera ibibazo by’ubukene bukabije

Umukinnyi benshi bazi mw’ikipe ya Real Madrid n’iya Bresil benshi banibukira kw’ishoti rye ryari rikomeye cyane,Roberto Carlos,akaba yakatiwe gufungwa amezi 3 n’ubutabera bwo muri Bresil.

Urukiko rwa Rio de Janeiro rukaba rwakatiye uyu mugabo kubera atishyushye irasiyo y’abana be 3 barerwa n’uwahoze ari umugore we,Barbara Thurler.Uyu mudamu yaba yarareze Roberto Carlos mu minsi yashize,ari nabwo urukiko rubishinzwe rwamusabye kwishyura ayo mafaranga atunga abana be.Nyamara Carlos yatangarije itangazamakuru nyuma y’aho ko afite ibibazo by’ubukene ariko urukiko ntago rwabyitayeho.

Roberto Carlos nubwo byamunaniye kwishyura kwishyura ibitunga abana be 3,nyamara afite abana 9 kugeza ubu aho aherutse no kwibaruka umwana w’umukobwa ku mugore we mushya.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Inkuru Ishyushye-Real Madrid iteye utwatsi Cristiano Ronaldo wayisabaga ikintu cyatuma ajya ku rwego rumwe na Lionel Messi na Neymar

Exlusive: Ikipe umufaransa Antoine Griezman azerekezamo yamenyekanye