in ,

Inkuru Ishyushye-Umukinnyi ukomeye wa Chelsea BITUNGURANYE agiye kuyitwara mu nkiko (IMPAMVU)

Nyuma y’igihe ikipe ya Chelsea ishakaga kugurisha umukinnyi wayo Diego Costa kubera ubwumvikane bucye bwaje hagati yayo n’ubuyobozi bw’ikipe bigatuma iyi kipe yiteganyiriza ikagura Alvaro Morata,kuri ubu Costa yaba agiye kurega ikipe ye.

Diego Costa

Ni nyuma y’aho ikipe ya Ac Milan yashakaga uyu musore cyane,yaje gusaba The Blues ko yamutiza uyu musore nyamara ikipe ya Chelsea ikabyanga kuko ishaka amafaranga kuri uyu musore yatanzeho miliyoni 36 z’amayero imukura muri Atletico Madrid.

Amakuru dukesha Mirror,umunyamategeko wa Diego Costa yiteguye gutwara iyi kipe mu nkiko nyuma y’aho ishaka ko ava muri iyi kipe ariko bakaba bari kwanga kumutanga.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Miss Mutesi Aurore yatangaje amagambo akomeye yibuka musaza we Hirwa Henry witabye Imana (yasome hano)

Nyuma y’ibihano bikomeye yakatiwe, Cristiano Ronaldo agiye gukora ibintu nk’ibyo Neymar yakoze