in ,

Inkuru Ishyushye—Ikipe ya Chelsea ikaba yibitseho umukinnyi ukomeye cyane kw’Isi nyuma y’igihe abafana bamusaba

Ikipe ya Chelsea,nyuma y’aho umutoza wayo Antonio Conte abwiriye abanyamakuru ko igura ry’abakinnyi ikipe ye yakoze ridahagije,kuri ubu akaba yibitseho umukinnyi ukomeye muri iyi shampiyona ya Premier League.

Nk’uko ikinyamakuru The Time kibyemeza,Danny Rose myugariro wa Tottenham Hotspurs nyuma y’igihe ashwana n’abafana kubera amagambo yigeze kuvuga arebana n’amafaranga macye cyane abakinnyi ba Tottenham bafata,yaba yumvikanye n’ikipe ya The Blues kuba yayerekezamo.Image result for Danny Rose

Nyamara ariko ikipe ya Chelsea ifite akazi katoroshye ko kumvikana na Tottenham ku giciro ibintu bizagorana nyuma y’aho ihereye Kyle Walker ikipe ya Manchester City,iyi kipe ikaba itakomeza kugenda yubaka abakeba uko bukeye.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Abahanzi nyarwanda bakomeye cyane bagiye kuzenguruka igihugu cyose bafatanya n’abanyarwanda kubyina intsinzi (inkuru irambuye)

Iyumvire ibintu Olivier Giroud yavuze nyuma yo kurokora Arsenal ku munota wa nyuma byakoze ku mitima ya benshi