in ,

Inkuru Ishyushye-Ikipe ya Chelsea igiye kwirukana Antonio Conte ndetse yarangije no kubona uzamusimbura

Umutoza w’umutaliyani Antonio Conte wayihesheje mu mwaka we wa mbere igikombe cya shampiyona,nyuma akaza gushwana na Diego Costa rutahizamu ukomeye wa Chelsea abantu bakanenga cyane uyu mutoza,amakuru ari kuvugwa i Burayi ni uko uyu mutoza amasaha ye abazwe.

Image result for thomas tuchel
Thomas Tuchel

Ikinyamakuru Sport Bild cyandikirwa mu budage,cyatangaje ko amasaha ya Antonio Conte abaze nyuma y’aho ashwaniye na Diego Costa,agatsindwa umukino wa Community Shield na Arsenal ndetse akaza no gutsindwa na Burnley ku mukino wa mbere.Iki cyinyamakuru gikomeza gitangaza ko azasimburwa na Thomas Tuchel wahoze atoza ikipe ya Dortmund.

Nubwo Thomas Tuchel ari we uhabwa aya mahirwe,ku rutonde rw’abamusimbura hariho na Luis Enrique wahoze atoza ikipe ya FC Barcelone.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Agahinda ka Cristiano Ronaldo uri mubihano gakomeje kwiyongera ubutitsa

Cristiano Ronaldo yasebejwe BIKOMEYE n’umukinnyi wa Manchester United benshi bafata nk’uzamusimbura kuri INSTAGRAM