in ,

Inkuru Ishyushye-FC Barcelone ikaba imaze gusinyisha umunya bresil ukomeye cyane yari imaze igihe itegereje

Nyuma y’igihe ikipe ya FC Barcelone iri gushaka umusimbura wa Neymar waguzwe n’ikipe ya Paris Saint Germain,aho ahanini iri gucungira kuri Coutinho wa Liverpool ndetse na Ousmane Dembele wa Dortmund,kuri ubu iyi kipe ikaba iguze umukinnyi wo hagati ukomeye Paulinho Bezerra.

FC Barcelone yemeje ko yaguze uyu musore

Ni nyuma y’aho iyi kipe ishatse umukinnyi wo hagati uzajya usimbura Busquets uri gusaza kandi ukina imikino myinshi.Aguzwe miliyoni 40 z’amayero mw’ikipe yakinagamo yo mu bushinwa ya Guangzhou Evergrande agasinya amasezerano y’imyaka 4.

 

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

AGASHYA-Mu mateka ya ruhago ni bwo bwa mbere ikipe yatsinda igitego itaranakora ku mupira

Exclusive: Ibyo Alexis Sanchez akoze bihise bigaragaza ikipe azakinira uyu mwaka