in ,

Inkuru Ishyushye : Amber Rose yitereteye undi muhanzi w’umuraperi bivugwa ko yaba ariwe mukunzi we mushya

Umunyamidelikazi Amber Rose ku munsi w’ejo yatangaje ko arimo kubyumva kimwe n’undi muhanzi w’umuraperi ndetse birimo no kuvugwa cyane ko ariwe mukunzi we mushya.

Amber Rose n’umukunzi we mushya

Nkuko Amber Rose yabitangaje yavuze ko yiboneye undi muraperi w’imyaka 21 barimo kubyumva kimwe muri iyi minsi. Nubwo Amber Rose atigeze atangaza amazina y’uyu muraperi gusa biravugwa ko mu minsi iri imbere bateganya kuzahamiriza isi yose ibijyanye n’urukundo rwabo, ibi bikaba bitegerejwe n’abatari bake ku isi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Khloe Kardashian yongeye gushyira hanze amafoto agaragaza imiterere y’umubiri we yavuzweho na benshi (yarebe hano)

Inkuru ibabaje kw’ikipe ya Arsenal itakaje umukinnyi wayo ukomeye