in

Inkuru ibabaje ku bafana ba Manchester United

Mu gihe hari hashize iminsi hakwirakwizwa amakuru avuga ko Manchester United yaba yaramaze kumvikana n’umukinnyi Jadon Sancho ndetse na Harry Kane ndetse ko izabaguraa muri Mercato itaha, kuri ubu ingoma zahinduye imirishyo kuko nkuko byemezwa na Dailymail ngo nta numwe muri aba bombi Man U izabona.

Nkuko Ed Woodward yabyitangarije ngo kuri ubu gutekereza kuba Manchester United yagura umukinnyi uri hejuru ya miliyoni 100 nukwishuka bitewe n’ibibazo bitandukanye by’ubukungu byatewe nicyorezo cya CoronaVirus, byumvikana ko gahunda zo kugura Harry Kane cyangwa Jadon Sancho atari iza vuba aha.

 

 

 

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Fc Barcelone irashaka ko Championat ihagarikwa burundu

Amabere ya Miss Keza Joannah akomeje kuvugisha abantu ku mbuga nkoranyambaga