yegob.rw
Ingo 10 z’ibyamamare mu Rwanda bibanye neza cyane kugeza kano akanya. - YEGOB
Uko minsi ishira hano mu Rwanda abantu benshi bakurikiranira hafi muzika ndetse n’imyadagaduro ndetse n’abafana b’ibyamamare byinshi bakunze kuvuga ko bidashobora kubaka ingo ngo zirambe, gusa kandi hari abazwiho ubunyangamugayo bagiye kumara imyaka myinshi babana kandi nta ntonganya cyangwa amakimbirane yumvikana mu ngo zabo. 1. Danny Vumbi na Muhawenima na Jeannette Semivumbi Daniel wamamaye mu […] More
YegoB