Imyidagaduro
Imyambaro igaragaza imyenda y’imbere n’ibibero niyo yaranze ibyamamare muri ‘Entertainment Industry Night”

Nguku uko ibyamamare nka Paccy,Asinah n’abandi bari bambaye mu muhuro wateguwe na Miss Vanessa ndetse na Teta Sandra,bakawita Entertainment industry night’

Asinah ikariso kuyibona ntibyasabaga kgushishoza
Paccy nawe mu ikanzu ibonerana cyane

Miss Vanessa mu mwambaro utamusaba kwambara isutiya

Miss Sandra na Miss Vanessa buri wese yari yazanye n’umukunzi we

Umunyamakurukazi wa contact,Aline yahasize umugani
-
Imyidagaduro18 hours ago
Ibya Miss Aurore na Egide noneho Super Manager arabihuhuye.
-
Imyidagaduro14 hours ago
Umunyamakuru wa RBA ukunzwe mu myidagaduro yifurije isabukuru nziza y’amavuko umukobwa bitegura kurushinga
-
inyigisho20 hours ago
Ngaya amakosa akomeye abakobwa bakora bazi ko azabafasha guhita barongorwa n’abakunzi babo.
-
Imyidagaduro19 hours ago
Nabaye imfubyi nkiri muto|Kuba Miss Rwanda ni inzozi zikomeye|Marie Paul
-
Imyidagaduro15 hours ago
Umuhanzi Ali Kiba ahishuye umukobwa ashyigikiye muri Miss Rwanda.
Asinah yaramwiganye gusa amurusha urubuno ndetse n’ibibero binini niyo mpamvu yahagararaga umuntu akareba nk’iriya hirya gusa urebye afite agatoma ndakurahiye
Sha Nta hantu badahomba ababyaye aba bakobwa nabo barahombye burundu burya guhomba ntabwo ari muri boutique gusa,
Usibye ko natwe umuryango Nyarwanda muri rusange twarahombye!
uzi kubona babakobwa beza gutya bangirika kariya kageni?! But eye agahinda cyane
Mwibarenganya ni ho isi igeze
[…] Reba hano Aline yambaye ijipo ngufi birenze ibikenewe […]
[…] Reba hano Aline yambaye ijipo ngufi birenze ibikenewe […]
[…] Reba hano Aline yambaye ijipo ngufi birenze ibikenewe […]