Featured
Imyambaro igaragaza imyenda y’imbere n’ibibero niyo yaranze ibyamamare muri ‘Entertainment Industry Night”
Published on
Nguku uko ibyamamare nka Paccy,Asinah n’abandi bari bambaye mu muhuro wateguwe na Miss Vanessa ndetse na Teta Sandra,bakawita Entertainment industry night’

Asinah ikariso kuyibona ntibyasabaga kgushishoza
Paccy nawe mu ikanzu ibonerana cyane

Miss Vanessa mu mwambaro utamusaba kwambara isutiya

Miss Sandra na Miss Vanessa buri wese yari yazanye n’umukunzi we

Umunyamakurukazi wa contact,Aline yahasize umugani

Mabiya
May 29, 2016 at 8:57 am
Asinah yaramwiganye gusa amurusha urubuno ndetse n’ibibero binini niyo mpamvu yahagararaga umuntu akareba nk’iriya hirya gusa urebye afite agatoma ndakurahiye
Kind
May 29, 2016 at 7:47 pm
Sha Nta hantu badahomba ababyaye aba bakobwa nabo barahombye burundu burya guhomba ntabwo ari muri boutique gusa,
Usibye ko natwe umuryango Nyarwanda muri rusange twarahombye!
uzi kubona babakobwa beza gutya bangirika kariya kageni?! But eye agahinda cyane
Alain
May 30, 2016 at 8:16 pm
Mwibarenganya ni ho isi igeze
Pingback: Dore abakobwa bakunda kwambara mini muri showbiz nyarwanda | YEGOB|Entertainment News
Pingback: Dore abakobwa bakunda kwambara utwenda tugufi muri showbiz nyarwanda | YEGOB|Entertainment News
Pingback: Dore abakobwa bakunda kwambara impenure muri showbiz nyarwanda | YEGOB|Entertainment News