yegob.rw
Imyambarire abakobwa basigaye bajyana mu tubyiniro muri USA iteye isoni n’agahinda (amafoto) - YEGOB
Muri iyi minsi dukunze kumva abantu bavuga ko isi iri mubihe byayo byanyuma tukabigira imikino gusa ariko iyo umuntu yitegereje icimo isigaye yadutse mu bice bitandukanye b’isi abona isi igeze ahakomeye. USA ni kimwe mu bihugu bizwiho kugira imico idasanzwe ndetse kenshi na kenshi y’urukozasoni gusa ariko noneho imyambarire abakobwa badukanye mu tubyiniro ni akumiro. More
YegoB