in ,

Imyambarire abakobwa basigaye bajyana mu tubyiniro muri USA iteye isoni n’agahinda (amafoto)

Muri iyi minsi dukunze kumva abantu bavuga ko isi iri mubihe byayo byanyuma tukabigira imikino gusa ariko iyo umuntu yitegereje icimo isigaye yadutse mu bice bitandukanye b’isi abona isi igeze ahakomeye.

USA ni kimwe mu bihugu bizwiho kugira imico idasanzwe ndetse kenshi na kenshi y’urukozasoni gusa ariko noneho imyambarire abakobwa badukanye mu tubyiniro ni akumiro.

thot1

thot2

Written by YegoB

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Pep Guardiola akomeje kugaraguza agati abakinnyi bakomeye muri Man City

Isomere ibintu bitangaje utigeze umenya ko byabaye muri ruhago