Izindi nkuru
Impanuka mbi ibereye Rwampara nonaha| Moto icitse feri igonga imodoka ebyiri (amashusho)

Ahagana mu ma saa kumi n’ebyiri n’iminota mike, Rwampara mu karere ka Kicukiro habereye impanuka ikomeye, aho moto izwi nka Riffan yacitse feri maze igonga imodoka ebyiri zo mu bwoko bwa Rava 4. Nkuko tubikesha Bigtown TV yageze aho impanuka yabereye, yaganirije abashoferi bari batwaye ibi binyabiziga maze bavuga uko byagenze.
Umushoferi wari utwaye Riffan yavuze ko yamanutse maze ashatse gufata feri yumva biranze niko kugerageza guca kuri imwe mu mamodoka yari amuri imbere yisanga ari hagati y’imodoka ebyiri.
Undi mushoferi wari utwaye Rava 4 yazamukaga yavuze ko umushoferi wari utwaye Riffan ariwe wamugonze dore ko we yari ahagaze nyuma akabona Riffan ije ikamugonga.
Umushoferi wundi wari utwaye Rava 4 nawe yavuze ko amakosa yakozwe n’umushoferi wari utwaye Riffan kuko niwe waje agahita amugonga akaba avuga ko ubwishingiza bw’umushoferi wari utwaye Riffan bukwiye kubakoreshereza ibinyabiziga byabo byangiritse.
Comments
0 comments
-
urukundo18 hours ago
Umusore yaryamye mu muhanda hagati abantu benshi barahurura maze ahita atungura umukunzi we amwambika impeta(AMAFOTO)
-
Ubuzima18 hours ago
Dore uko bigenda ku mubiri wawe iyo unyoye amazi mu gitondo ukibyuka .
-
Mu Rwanda11 hours ago
Umunyamakuru ukomeye mu Rwanda yatewe n’abajura baramukomeretsa
-
Hanze7 hours ago
Umusore mukuru arashakisha akana k’agakobwa batahanye ubukwe bambariye abageni cyera|abantu byabatunguye
-
Ikoranabuhanga11 hours ago
Abakoresha WhatsApp kababayeho nimutitonda!
-
inyigisho17 hours ago
Amwe mu makosa akomeye abakobwa b’ingarugu bakunze gukora akaba yabaviramo kugumirwa barebye nabi.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Biratangaje:amaze imyaka 20 yose angana gutya||ntiwamenya ko ari umukobwa kubera uburyo akinamo umupira.
-
Mu Rwanda6 hours ago
Agahinda n’urwibutso Samantha afitiye umwana we uherutse kwitaba Imana