in

Impanga zavutse zifatanye imitwe zamaze kwitabwaho mu buryo butangaje

Mu gihugu cya Brazil havutse abana b’impanga bafatanye imitwe bamaze gutandukanywa mu buryo budasanzwe.

Bernardo na Arthur Lima b’imyaka itatu y’amavuko babagiwe i Rio de Janeiro, ku gikorwa cyayobowe n’ibitaro bya Great Ormond Street hifashishijwe ikoranabuhanga rya mudasobwa rizwi nka ‘virtual reality’.

Iki gikorwa cyatwaye amasaha 27 ndetse n’ abahanga 100 bafashije mu ibagwa ry’aba bana bavutse bafatanye imitwe.

Noor ul Owase Jeelani umwe mu baganga 100 bakoze iyi operation, yavuze ko ari cyo gikorwa cyo gutandukanya abantu bavutse bafatanye cyari gikomeye. Aho yabigereranyije nko kujya mu isanzure.

Bernardo na Arthur, bari hafi yo kuzuza imyaka ine, ni zo mpanga zatandukanijwe umutwe zikuze.

 

Written by OLIVIER NTANTURO

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it. Niba ufite inkuru cyangwa ukaba uri umuhanzi ndetse nawe ushaka kwamamaza wamvugisha 👉🏿+250736426442

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kigali: Indaya imaze kuryamana n’abagabo barenga 1,000 irifuza kumanika inkweto ikava muri uwo mwuga

Hamenyekanye ikibazo cy’amasogisi make adakwiriye abakinnyi muri Rayon sports