in

Impamvu 3 nyamukuru Messi adashaka kuguma mu ikipe ya PSG

Nk’uko ibinyamakuru byo mu Bufaransa bibyandika, ikipe ya Paris Saint-Germain iri kugerageza kongera amasezerano Lionel Messi uheruka kwegukana igikombe cy’isi ariko uyu mukinnyi akagorana. Dore zimwe mu mpamvu ziri kubitera:

Nyuma y’uko uyu mukinnyi avuye gukora amateka,  yagarutse mu ikipe ye ariko ntiyakiriwe neza bityo ntabwo biri kumushimisha. Mu mukino baheruka gutsindwa na Rennes igitego 1, Messi yari ari mu kibuga ariko ntiyatsinda bituma abafana bamutuka banavuga ko agomba kubasohokera mu ikipe.

Itangazamakuru ryo mu Bufaransa ryo rivuga ko impamvu yitwaraga neza yari ari kwitegura igikombe cy’isi akaba ariyo mpamvu atakiri gutsinda ibitego byinshi nka mbere. Ibi byose nta na kimwe kiri kumushimisha akaba ariyo mpamvu ari kwanga kongera amasezerano.

Written by Geovanis

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it : +250 781 375 290

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Kirihahira! Part 1: Bruce Melodie yarindishijwe Televiziyo kugira ngo yibonere amaramuko

Zirakizwa na nde? Amakipe arimo Chelsea, Liverpool na Arsenal yagonganiye ku isoko ashaka inyenyeri y’ikipe ya Brighton and Hove Albion