in

Ikipe ya Real Madrid yamaze gusezera kuri Kylian Mbappe

Paris Saint-Germain's French forward Kylian Mbappe reacts after missing a goal opportunity during the French L1 football match between Paris Saint-Germain and Montpellier at the Parc des Princes stadium on February 20, 2019. (Photo by Thomas SAMSON / AFP) (Photo credit should read THOMAS SAMSON/AFP/Getty Images)

Kuva mu mwaka wa 2017 ubwo Kylian Mbappe yigaragazaga mu mukino wa Champions League wahuje ikipe ya As Monaco na Manchester City, ikipe ya Real Madrid yakomeje kugenda igerageza kuba yamugura ariko bikanga, uyu mwaka nawo rero ntibigishobotse nkuko byatangajwe n’umuyobozi wa Real Madrid ubwe ari Florentino Perez.

Mu kiganiro yagiranye n’itangazamakuru nyuma y’uko ikipe ya Real Madrid itwaye igikombe cya La Liga, Florentino Perez akaba yarabajijwe niba hari gahunda yo kugura Mbappe ihari maze niko gusubiza agira ati : “Nta mukinnyi uhenze tuzagura uyu mwaka. Ni kuba dutegereje, kuko ntakuntu wasaba abakinnyi kugabanya imishahara ngo nurangiza ujye gutanga amafaranga ugura abakinnyi bahenze cyane.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Messi yavuze amagambo akomeye nyuma y’uko Real Madrid imutwaye igikombe

Menya akayabo Neymar wahoze akina ku muhanda yinjiza.