in ,

Ikipe ya Liverpool yagaruye mu kibuga umukinnyi wayo ukomeye warumaze igihe adakina

Mu mwaka ushize nk’iki gihe nibwo inkuru mbi yageraga ku bafana b’ikipe ya Liverpool aho umukinnyi wabo ubafasha mu kibuga hagati yari yagize imvune ikomeye yagombaga kumara umwaka wose. Gusa kurubu nkuko tubikesha ikinyamakuru  Skysport uwo mukinnyi akaba yagarutse mu myitozo.Liverpool Training and Press Conference

Danny Ings umaze imyaka isaga ibiri m mvune yo mu ivi kuko ubwo yagarukaga ayivuyemo bwa mbere yahise yongera avunika nirindi vi bituma asubira mu bitaro muri icyo gihe cyose nkuko tubikesha Skysport uyu musore ashobora kuza kwiyambazwa mu mukino ikipe ya Liverpool ifitanye na Leicester City mu irushanwa ry’igikombe rya League Cup. Iyi akaba ari inkuru nziza cyane kubafana ba Liverpool nyuma y’igihe kirekire batabona uyu mukinnyi.

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Irebere igikorwa T.I n’umugore we bakoze cyahise cyemeza ababakurikirana ko basubiranye

Real Madrid yagaruriwe icyizere n’umukinnyi yashakaga wasaga nkaho ari kuyicika