in

Ikipe ya Fc Barcelone imerewe nabi nikibazo cy’ubukene

Nkuko mu bizi icyorezo cya CoronaVirus cyateye igihombo gikomeye mu makipe atandukanye hirya no hino ku isi ndetse na hano mu Rwanda, ibi rero bikaba byarateje ikibazo gikomeye cy’ubukene mu ikipe ya Fc Barcelone aho ikomeje gusaba abakinnyi bayo kugabanya imishahara yabo.

Mu ntangiro z’iki cyorezo abakinnyi ba Barca bose hamwe bakaba bari bemeye kwigomwa 70% by’umushahara wabo ngo bafashe ikipe yabo kuba yabasha guhangana n’igihombo gikomeye yatewe na CoronaVirus. Gusa nkuko Catalunya Radio ibitangaza ibi byabaye nko gushinga inkota nyanja kuko na nubu umuyobozi wa Barca ariwe Josep Maria Bartomeu yongeye gusaba abakinnyi kwigomwa umushahara nanone.

Catalunya Radio ikaba ivugako kuri ubu abakinnyi bakibiganiraho ngo babe bafata icyemezo bahuriyeho bose.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Arsenal yamaze gufata icyemezo kuri Aubameyang

Umukobwa ukunzwe muri Kigali yasebeje umusore washatse kumwishyura miliyoni nigice ngo baryamane