in ,

Igikorwa Lionel Messi n’umugore we bakoze cyakoze ku mitima ya benshi

Lionel-et-Antonella-Messi

Lionel Messi n’umugore we bakoze ubukwe bwiswe ubwikinyejana mu gihugu cya Argentina bitewe nuburyo bwateguwe ndetse bukanashyirwa mu bikorwa. Gusa mbere yo kwerekeza mu kwezi kwa buki, Messi n’umugore we bakoze igikorwa gikora ku mitima ya benshi cyane cyane abanya Argentina bene wabo.

 (Twitter)

Nkuko tubikesha ikinyamakuru Ámbito Financiero Lionel Messi n’umugore nyuma y’ubukwe bwabo baguriye ndetse banasangira n’abana baba mu muryango witwa  Banco de Alimentos de Rosario. Ubusanzwe uyu muryango ugira abana b’imfubyi urera ariko ukanaba ufite mu nshingano zabo kugaburira abatishoboye bakennye bo mu mugi wa Rosario aho Lionel Messi n’umugore we bavuka. Uyu muryango wa Messi ukaba wanaratanze inkunga isaga Miliyoni 10 z’amadolari iha iki kigo gifasha abatishoboye. Iki gikorwa kikaba cyarakoze ku mitima ya benshi mu gihugu cya Argentina

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uwahoze ari umugore wa Eminem ubu yabaye nabi ku buryo bwatera agahinda buri wese (Ifoto)

Umukinnyi ukomeye wa Manchester United ashobora kutazakina bitewe n’ukuntu yabyibushye cyane muri ibi biruhuko