yegob.rw
Ibyishimo by'ikipe ya Chelsea byakomejwe nundi mukinnyi ukomeye wayigezemo mu masaha yanyuma y'isoko - YEGOB
Ikipe ya Chelsea nyuma yo kunanizwa cyane ku isoko ry’igura n’igurishwa ry’abakinnyi muri iyi mpeshyi, kugeza naho bamwe mu bakinnyi bashakaga kuyerekezamo bisubiragaho ku munota wanyuma aho twavuga mo nka Alex Oxlade Chamberlain wahise yigira muri Liverpool ndetse na Ross Barkley wahisemo kuguma mu ikipe ya Everton. Kurubu iyi kipe ntiyaheranywe n’agahinda kuko muri iri […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne