in ,

Ibyishimo bikomeye hagati ya Eric Rutanga n’umukunzi we ku isabakuru y’umukobwa wabo

Muri iyi minsi, myugariro w’ikipe y’iguhugu amavubi Eric Rutanga ari kubona imigisha igeretse ku yindi, kuko nyuma y’iminsi mike asinye mu ikipe ya Yanga SC ku kayabo ka miliyoni 24.5 FRW, yongeye kwishima ku isabukuru y’umukobwa we wimfura wizihije imyaka 2 y’amavuko.

Mu mafoto yashyizwe ahagaragara n’umugore wa Eric ariwe Wendy Sultan bikaba bigaragara ko byari b’ibyishimo bikomeye muri uyu muryango ubwo bizihizaga isabukuru ya Taaliah Isimbi.

Written by

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Ifoto ya Sacha Kate yambaye imyenda y’imbere yaciye ibintu kuri Snapchat

Zimwe mu ngeso mbi abasore bagira umukobwa atapfa guhindura .