in

Ibyabaye kuri uyu musore wasabaga nimero z’inkumi nubu ntabwo arabyibagirwa

Ku mbuga nkoranyambaga zitandukanye hari gucicikana ubutumwa bw’umusore warurimo gusaba nimero z’inkumi gusa ntabwo byarangiye neza.

Nkuko ubu butumwa bwasakaye ku mbuga nkoranyambaga bubigaragaza, uyu musore yatangiye asaba mugenzi we ko yamuha nimero z’inkumi baziranyeho yari yabonye. Umusore mugenzi we yaje kumukurira inzira ku murimo aramushwishuriza ndetse anamubwira ko nta sms afitemo

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Uko byari bimeze mu birori byo kwizihiza isabukuru y’amavuko y’umugabo wa Bahavu Janet (Amafoto)

Wiba umwana musore,umukobwa nakubaza ibi bibazo uzamenye ko kabaye