yegob.rw
Ibizakwereka ko uwahoze ari umukunzi wawe (Ex)ashaka ko musubirana. - YEGOB
Iyo umugore/umukobwa agifite ibyiyumvo k’uwo bahoze bakundana (Ex), ashobora kubigaragaza mu buryo butandukanye. Rimwe na rimwe, afata igihe cye kugira ngo amenye neza uko afata imyanzuro iboneye. Ariko, ibimenyetso byerekana ko ashaka kubona umukunzi we ni ibi bikurikira: 1. Akomeza kuvugana n’uwahoze ari umukunzi we: Niba umugore wawe akomeje kohereza ubutumwa bugufi no kuganira n’uwahoze […] More
HARAGIRIMANA Dieudonne