in ,

Ibitarabaye kuri Mourinho na rimwe mu buzima bwe ashobora kuba agiye guhura na byo.

Pogba muguhindura amateka n'ubudahangarwa bwa jose Mourinho

Amafaranga Paul Pogba agiye kugurwa mu ikipe ya Manchester United akaba ataravuzweho rumwe na benshi ariko iyo umuntu asesenguye imikinire y’uyu musore ndetse n’imyaka ye, nta kibazo bitera kuko agaragaraza imbaraga,ubuhanga ndetse n’ubushake byatuma amafaranga aguzwe atanongera guhwihwiswa mu bitangazamakuru,ku bwizo mpamvu rero muri contract imuteganirijwe hakaba hanarimo ko umunsi azahesha ikipe ye ya Manchester united igikombne cya Champiyonat cyangwa championsleague azava kuri Miliyoni 13 zamapound akagera kuri miliyoni 15 ubusanzwe Jose Mourinho

jose-mourinho-real-madrid-10558507qcigv_2038
Jose Mourinho mugahinda ko kurushwa amafaranga n’umwana abyaye

mu makipe yose yatoje nta mukinnyi wigeze amurusha guhembwa kuko n’ubu azajya ahembwa miliyoni 14 n’ibihumbi 500 byamapound kumwaka gusa ibi nawe akaba yabyemeye ko uyu mukinnyi nakora iyo bwabaga azemererwa gufata ako kayabo ariko nawe bakamwongeza akagera kuri miliyoni 16.

Edward Woodward Non executive officer w’ikipe ya Manchester akaba yagerageje kumvikanisha umutoza Mourinho n’abaherwe ba Manchester kuri izo contract ariko nanubu hakaba hakibazwa nibaramuka batabyumvikanyeho bizagenda bite,ikipe izahitamo umutoza cyangwa umukinnyi?

Written by HARAGIRIMANA Dieudonne

I am responsible for this article, not the YEGOB website. Please contact me if you need more information about it:+250 783 907 135

Subscribe
Notify of
guest
0 Comments
Inline Feedbacks
View all comments

Nyuma y’insinzi umutoza Arsene Wenger mu gahinda,amaganya ndetse n’amarira menshi cyane.

Nyuma yo kudahirwa mu bwongereza n’ubutaliyani bumwigirijeho nkana